in ,

Umuraperi P-Fla Yanze Kuririmba Mu Gitaramo Kubera Ko Bamwimye Ibiryo

Mu mpera z’icyumweru gishize tariki ya 11 Ukuboza abahanzi batandukanye mu Rwanda barimo Javanix, Fireman, MC Tino, P Fla, Fax Rapper na Nessa bari bataramiye i Rusizi kuri Motel Rubavu.

Bukeye bwaho tariki ya 12 Ukuboza aba bahanzi bakomereje igitaramo mu Bugarama muri Prince House Motel.

Iki gitaramo cyagombaga gutangira saa 18h cyaje gusubikwa ku munota wa nyuma, ni nyuma y’uko umuraperi P Fla yivumbuye ngo ntaririmba nyuma y’uko yivumbuye kubera ko yimwe ibiryo.

Uyu muraperi amakuru avuga ko yahise anigendera, abahanzi bagenzi be bakamubura, abateguye iki gitaramo bakaba bahisemo guhita bahagarika iki gitaramo kubera kubura k’uyu muhanzi.

Source: Isimbi

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yerekanye imbaraga zidasanzwe bamucanira mu mazi ashyushye ntiyashya(Video)

Clapton Kibonge yasomanye n’umukobwa we k’umunsi mukuru w’amavuko ye !(Amafoto)