in

Umupolisi w’imyaka 39 yafashwe ari gusambanya umwana w’imyaka 12 bari baturanye

Umupolisi yakatiwe igifungo cya burundu muri gereza azira gufata ku ngufu umwana w’imyaka 12.

Uwo mwana ufite imyaka 12 ni uwo muri komine Gahombo, intara ya Kayanza.

Yakorewe ayo mabi n’umuporisi ufite imyaka 39 wo muri iyo komine.

Urukiko Rukuru rwa Kayanza, rwategetse ko uyu Mupolisi afungwa burundu ndetse n’indishyi y’akababaro ya miliyoni 5 zizahabwa umuryango w’uyu mwana.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uefa Champions League: Arsenal yihereranye Lens kuri Emirates Stadium maze ihita ikatisha itike

Ibyabo byagiye ku karubanda! Hamenyekanye ibyamamare bigura ababakurikira ‘Followers’ kuri Instagram kugira ngo bemeza abantu