in

Umunyeshuri wigaga muri Kaminuza yarohamye muri pisine arapfa arimo kwinezeza (amashusho)

Umunyeshuri w’umuhungu wigaga muri Kaminuza yo muri Ghana yarohamye muri Piscine ashiramo umwuka ubwo yarimo yinezeza n’inshuti ze biganaga.Amashusho yagiye hanze agaragaza bagenzi b’uyu musore bakura umurambo we muri piscine ndetse bakawushyira muri ambulance aho wari ujyanwe ku bitaro gusuzumwa.Ku mbugankoranyambaga abantu batandukanye bagiye bagaragaza ko babajwe cyane n’uyu musore witabye Imana mu buryo bw’amaherere.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Stromae n’umubyinnyi Rubix Noel wagaragaye muri Papa outai bisanze hamwe nyuma y’imyaka 7 (video)

Kuri instagram:abantu barize amarira y’ibyishimo babonye umusore wafashije umukobwa wabaga ku muhanda akavamo ikizungerezi gitangaje(Video)