in

Umunyarwandakazi wabyaranye n’Umushinwa aratabaza(VIDEO)

Umunyarwandakazi UWIMANA Julienne wateye inda n’umugabo ukomoka mu Bushinwa avuga ko abayeho nabi nyuma y’aho uyu mushinwa amutereranye akamuta.

Julienne kuri ubu ucumbikiwe n’umugiraneza mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Gahanga akagali ka Nunga, aratabaza nyuma yo gusambanywa n’umushinwa wamukoreshaga kugirango akomeze akazi yakoraga, yamara kubyara akamuta, kuri ubu akaba abayeho nabi n’umwana we aho acumbikiwe n’umugiraneza.

Gusa ubuyobozi bukaba bwabwiye BTN dukesha iyi nkuru ko bugiye kumukurikirana ngo abe yafashwa kurera uyu mwana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yahaye amazi umukunzi we ayanze amutera indobo

Ibyabaye ku munyeshuri wibye inkoko ya mama we kugirango yishyure amafaranga y’ishuri biratangaje