Gloria Mukamabano wamaze kubaka izina mu kuvuga dore ko benshi bemeza ko ari mu banyamakuru bazi kuvuga amakuru neza mu Rwanda.

Gloria yongeye kwibutsa urwo akunda umugabo we bamaranye imyaka 9 barushinze ndetse ashimira imana yabarinze mu rukundo rwabo.
Bagenzi be bakorana bakomeje kubifuriza Kubana imyaka irenze ibihumbi bari kumwe ndetse bakaza twazanya akabando nkuko Bibio yabitangaje.