in

Umunyamakuru Yves wa Country Fm yasohoye igisigo gikubiyemo amabanga y’urupfu (Videwo)

Umunyamakuru Yves NKUYEMURUGE winjiye mu busizi, yasohoye igisigo gishya cyakoze abatari bake ku mutima bitewe n’ubutumwa bukubiyemo.

Yves usanzwe ari Umunyamakuru wa Country Fm, yasohoye iki gisigo nyuma yo guteguza abakunzi be ko agiye gushyira hanze iki gisigo.

“UMUNSI NZAPFA” ni ryo zina Yves yahisemo kwita igisigo cye yaraye asohoye mu ijoro ryakeye, aho aba agaruka ku butumwa bwafashwe nk’ubuhanuzi.

Muri iki gisigo Yves ahishuramo ko nyuma y’ubuzima hari ubundi buzima, ubuzima kandi bwuzuyemo byose twibaza kuri iyi si twaburiye ibisubizo.

Si ibyo gusa avuga muri iki gisigo ahubwa amara abantu ubwoba abereka ko badakwiye gutinya urupfu kuko nyuma y’urupfu ubuzima burakomeza.

Videwo

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Biteye agahinda: Umugabo yapfushije abana be bose yari afite asigara ari nyakamwe (Amafoto)

Gicumbi; Umusore wari waragerageje kwiyahura bikanga basanze yageze ku ntego ze