in

Umunyamakuru w’imikino kuri RBA Rigoga Ruth yavuze amagambo azimije nyuma yo gusanga ibyavuzwe kuri bazina we Bahali Ruth na Junior Rumaga ataribyo

Umunyamakuru w’imikino kuri RBA uzwi kw’izina rya Rigoga Ruth yatangaje amagambo akomeye cyane akimara kumenya ko ibyari ugutwita hagati ya Junior Rumaga na Bahali Ruth ataribyo.

Abinyujije kurukuta rwe rwa X yagize ati:”Mwakoze gukora ku mutima w’umuryango wanjye

Ngaho mujye mucyawe,mwagure imiganda ubundi iryo gi murimene”

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Turi gufotora abantu bashaka Green Card” Mutesi Scovia  yavuze impamvu abantu bajya i Burayi no muri Amerika badakira ndetse nibyo n’ihohotera ridasanzwe ababatwara babakorera- videwo

Nyuma y’uko Prince Kid akatiwe imyaka 5 muri gereza, Miss Kundwa Doriane yahagurutse