in

Umunyamakuru M.Irene yasohokanye Anitha Pendo kurya ubuzima ku mazi

Umunyamakuru Irene Murindahabi akomeje kwirira ubuzima n’umunyamakuru Anitha Pendo aho basohokeye ku mazi kurya ubuzima .

Anitha na Irene bafashe akanya berekeza I bugesera aho bagiye kumva ko ubuzima buryoha ndetse bakomeje kwishimira gukorana ikiganiro .

Mu kiganiro Irene yabajije anitha ibintu bitatu yasaba imana ndetse Anitha ahishura ko yasaba ubuzima , ubuzima kubana be , amafaranga n’urugo rwiza.

Anitha Pendo yahishuye kandi ko yakundaga Papa we gusa yaje kwitaba imana atamubwiye urukundo amukunda ndetse ibyo biramubabaza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi ukunzwe muri Afurika yatangajeko ari imanzi

Umufasha wa Tom Close yerekanye ifoto ye ya kera iteye ubwuzu