in

Umuntu wa mbere wagiye mu ijuru yavuze ibyo Imana yamukoreye.

Umugabo wo muri Ghana uvuga ko ari pasiteri, yemeje ko yagiye mu ijuru inshuro enye ndetse ko Imana ariyo yamwisigiye amavuta ngo akore umurimo wayo.

Uyu mugabo utavuzwe amazina, mu kiganiro kuri radiyo Koma FM, yavuze ko yagiye mu ijuru inshuro zitari munsi y’enye.

Umunyamakuru yongeye gusubiramo ikibazo, avuga ko ” Ni uko byagenze, Imana niyo yanyiyimikiye ngo mbwirize ijambo ryayo ku Isi.”

Ku bari bateze amatwi, bavuze ko uwo mugabo ashobora kuba abeshya, ahubwo yishakira abayoboke n’amaronko.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sobanukirwa: Akamaro k’imbuto za watermelon ku buzima

Uwahoze ari umukinnyi wa Rayon Sport agiye gukora ubukwe n’umukunzi we.