in

Umunsi w’Igikundiro : Rayon Day ikipe izaza guha ibyishimo aba Rayon yamenyekanye

Mu gihe abantu benshi bari bategerezanyije amatsiko ikipe izakina na Rayon sports kuri Rayon Day amakuru ahari aravuga ko iyi kipe yatumiye ikipe yo muri Tanzania yitwa AZAMU FC.

 

Rayon Day byitenzwe ko izaba tariki ya 03 Kanama 2024, isaba ikaba ari 17h00’, iyi kipe yatomboye ikipe ya APR FC mun mikino ya CAF Champion’s league bivugwa ko yaba yamaze kwemera ubusabe bwa Rayon sports bwo kuzitabira umukino wo ku munsi w’igikundiro ‘’Rayon Day’’.

 

iyi kipe kandi ya Azamu FC ikomeje umwiherero iri gukorera mu gihugu cya Morocco aho kuri uyu wa 20 Nyakanga 2024 , yakinnye na US Yacoub Al Mansour iyinzinda ibitego [3-0]

 

Ku rundi ruhande ariko mu ikipe ya Rayon sports haravugwamo umutoza wahoze ayitoza witwa Robertinho bivugwa ko azagera mu Rwanda ku munsi wo ku wa mbere  ntagihindutse agatandagira gukoresha ikipe imyitozo iyi kipe mu rwego rwo kwitegura Rayon Day na shampiyona  ndetse ngo akaba azazana n’umukinnyi w’umwataka ukomoka mu gihugu cya Uganda .

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yakinnye umukino umwe gusa none yatangiye gukandirwa akanyenyeri k’aba-Rayons! Rutahizamu Adama BAGAYOGO yashimishije aba-Rayon maze nabo bamuha igifurumba cy’amafaranga – VIDEWO

Mu basore bamwambariye harimo Paul Rutikanga wa RBA na Jean Luc bakorana kuri B&B! Umunyamakuru Benjamin Gicumbi uri kwizihiza isabukuru y’imyaka amaze arushinze n’umugore we, yongeye kugaragaza amafoto y’ubukwe – AMAFOTO