in

Umukwe n’umugeni bakoze ibidasanzwe ku munsi w’ubukwe bwabo (Video)

Umusore n’umukunzi bakoze ubukwe budasanzwe bwari bwatumiwemo abantu babiri gusa ndetse bajya kwiyakirira muri resitora nk’abantu basanzwe.

Ibi byabaye kuwa gatanu, ku ya 29 Nyakanga 2022, aho abashakanye bashyingiranywe ariko bakaba bari baherekejwe nabantu babiri gusa bari babambariye.

Nyuma y’ubukwe, abashakanye bashya bagaragara basohoka muri resitora, bakiri mu myambaro bashyingiranywe, bafite udupfunyika twibiryo mu ntoki.

Abantu babiri nibo bari babaherekeje,ibintu byatangaje abantu kuko bidasanzwe mu bukwe busanzwe bwitabirwa na benshi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Birababaje : umusore ufite cancer yarongoye asigaranye amasaha 48 kugirango apfe

Urukundo rwubahwe: umukobwa ufite isura idashamaje yaciye ibintu nyuma yo kubengukwa n’umuzungu(ifoto)