in

Umukwe n’abari bitabiriye ubukwe basanzwe bapfuye bukeye ubukwe bubaye

Obinna Dieke n’umugore we Nebechi barashyingiranywe mu birori byitabiriwe n’incuti zabo n’abagize umuryango wabo hafi y’umujyi wa Enugu, mu majyepfo ya Nigeria ubwo hari kuri uyu wa gatanu.

Bwakeye basanga umukwe yapfuye ndetse n’abandi bantu batanu bapfuye naho umugore we n’abandi batandatu barwariye bikomeye mu bitaro aho barimo bitabwaho kugira ngo baramire ubuzima bwabo.

Uru rwabaye urupfu rw’amayobera dore ko ubukwe bwabo bwari bawagenze neza nta kibazo cyabayemo ndetse hakaba hakekwa ko byaba ari ibyo bariye biglhumanyijwe.

Police yo muri iki gihugu cya Nigeria yatangije iperereza ku rupfu rw’uyu mugabo.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Phil Peter yahaye ubufasha bukomeye Bruce melody wafashwe mpiri mu Burundi

Umutoza w’Amavubi agiye gusinyira ikipe nshya ikomeye ihora idutwara abatoza