in

Umukunzi wa Marina yananiwe kwihanganira ibyakorewe umukunzi we, bituma Marina yirukanwa mu Kazi 

Mu gitaramo cya ‘Tour Du Rwanda’ cyari kiri kubera I Musanze kuwa 24 Gashyantare 2023 nibwo Marina yaririmbye kandi byari bimaze kumenyerwa ko ahantu hose aba ari ajyana n’umukunzi we Yvan Muziki.

Kuba yaravuye kurubyiniro ananiwe Ibi byatumye nyuma yo kuva ku rubyiniro, Yvan Muziki umukunzi we atangira kumwishyuriza abateguye ibi bitaramo.

Bivugwa ko Yvan Muziki yabwiwe na Elijah Karisimbi wari ushinzwe kwishyura abahanzi ko ikoranabuhanga ryabatengushye ku buryo gukura amafaranga kuri banki ayashyira kuri telefone bitakundaga ndetse n’igihe yagerageje kujya kuri banki, yasanze ikarita idakora.

Yvan Muziki utari wishimiye ko umukunzi we adahise yishyurwa, ntiyumvikanye na Karisimbi ndetse bikurura n’umwuka mubi watumye babwirana nabi.

Ibyo byatumye abateguraga ibitaramo bahita bakura Marina ku rutonde rw’abazataramira i Ribavu dore ko yagombaga kugaragara mu bitaramo 2, kumwishyura igice byavugaga ko bamaze kumukura ku rutonde rw’abagomba gutaramira i Rubavu kubera rwaserera umukunzi we yari yateje.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Sibomana dieudonne
Sibomana dieudonne
1 year ago

🙏

“Prince Kid agomba kuyabona” Mu gakanzu kagaragaza imiterere y’imbere n’inyuma ha Miss Elisa bwatumye aba ikiganiro (Amafoto)

“Umutima wange warakonje” Harmonize nyuma yo gutangaza ko atazongera gu kunda atangiye kuvugishwa abonye amafoto y’inkumi z’i Kigali (Amafoto)