in

Umukobwa yashyize hanze urutonde rw’abagabo yaryamanye nabo akanabanduza SIDA guhera 2017

Umukobwa wo muri Nigeriya (Izina rye ryagizwe ibanga) yatangaje abantu nyuma yaho ashyize hanze abantu yanduje Virusi itera Sida guhera muri 2017.

Uyu mukobwa yasanzwemo aka gakoko gatera Sida guhera 2016. Inshuti ya musaza we yamwanduje iyi Virusi igihe yarafite imyaka 18 gusa.

Nkuko bigaragara ku rubuga rwa Twitter, guhera 2017 ubwo yamenyaga ko afite ubwandu, yahise abigira intego ko agomba gutanga ibyo nawe yahawe aca ukubiri no gukoresha agakingirizo.

Yivugira ko amaze kwanduza abagabo barenga 115 ndetse n’abakobwa 19 ndetse akaba agikomeje gahunda yo kwanduza abandi.

Pasiteri yagerageje kwiyahura nyuma yaho urusengero rwe rubuze abayoboke

Nkuko yabitangaje, yagize ati “Nanduye kubera inshuti ya musaza wange twaryamanye muri 2016 igihe nari mfite imyaka 18 gusa. Niwe musore rukumbi kandi wa mbere naryamanye nawe kugeza ngize imyaka 20. Guhera mu Kuboza 2017, nasanze mfite ubwandu bwa SIDA, mpita mfata umwanzuro wo kuyanduza abandi. Kugeza ubu abagabo 115 n’abakobwa 19 bamaze kuyandura kandi nkomeje gahunda yange”.

Kugeza iki gihe, ntacyo bimbwiye kuba napfa, bivuze iki niba umukobwa nkange wize, ntashobora kubona akazi kubera ko nanduye? Ubuzima buvuze iki niba ngomba gutungwa n’amafaranga nahawe n’abagabo? Ubuzima bwange bimaze iki niba ngomba gufata imiti igabanya ubwandu buri munsi”

Rwanda: Umusore wo mubakire wanaminuje yashatse umukozi wo murugo/Urukundo rwubahwe

“Mu gihe umugabo cyangwa umukobwa atabashije kwifata ngo areke kunskaka, ngewe ntago bindeba, ngomba kumuha inshuro zose abishaka. Bimpa amafaranga ndetse ngasangira umubabaro wange n’abandi.”

 

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC mu myitozo ikakaye bitegura Mukura VS (Amafoto)

Wa mugabo wahawe umutima w’ingurube yitabye Imana ku myaka 57