in

Umukobwa yarusimbutse nyuma yo kumira impeta yaragiye kwambikwa n’umukunzi we

Ibyari ibyishimo n’umunezero byari bigiye kurangirira mu marira, ariko Imana ikinga ukuboko, ubwo umukobwa yamiraga impeta yari yahishwe mu byo kurya bye, kugira ngo umusore bakundana aze kuyimutunguza, amasuba kuzamubera umugore. Ibyo byabereye muri Kenya ahitwa i Gongoni, Tana River County.

Umukobwa wamize impeta yitwa Jessica Hawayu, bari bayishyize mu byo kurya akunda cyane, bizeye ko aza kuyibona mu gihe arimo arya, bagahita bayimwambika nk’uburyo bwo kumutungura (surprise).

Umugambi wo guhisha iyo mpeta mu byo kurya bya Jessica, wacuzwe n’umuryango we, ufatanyije n’umusore bakundana witwa Johannah Charo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amavubi arasabwa ibitangaza kugirango yongere gushimisha abanyarwanda mu rugendo rutoroshye rwo gushaka tike y’igikombe cy’afurika muri 2024

Umukobwa yamize impeta bahishe mubyo kurya bagirango bamutungure.