in

Umukobwa yarusimbutse nyuma yo kumira impeta umukunzi we yari agiye kumwambika

 

Ibyari ibyishimo n’umunezero byari bigiye kurangira mu marira, ariko Imana ikinga ukuboko, ubwo umukobwa yamiraga jmpeta yari yahishwe mu byo kurya bye, kugira ngo umusore bakundana aze kuyimutunguza amusaba kuzamubera umugore. ibyo byabereye muri Kenya ahitwa i Gingoni, Tana river country.

Umukobwa wamize impeta yitwa Jessica Hawayu, bari bayishyize mu yo kurya akunda cyane, bizeye ko aza kuyibona mu gihe arimo arya, bagahita bayimwambika nkuburyo bwo kumutungura buzwi nka surprise.

Umugambi wo guhisha iyo mpeta mubiryo bya Jessica, wacuzwe n’umuryango we, batanyije n’umusore bakundana witwa Johanna Charo.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yamize impeta bahishe mubyo kurya bagirango bamutungure.

Dore ibintu byingenzi bishobora gutuma amabere y’umukobwa agwa byihuse