in

Umukobwa yarangiza ngo ndashaka ibihumbi 50 ! Umunyafurika wari uri mu kazi muri Amerika ko kuvidura wese akajya akozamo intoki akomeje gutangaza benshi – Videwo

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho y’umusore uri mu kazi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika arimo avidura wese.

Uyu musore yatangaje benshi kubera ukuntu yabikoraga ashyiramo n’intoki kugirango akore vuba kandi neza.

Uyu musore kandi yatumye benshi bibaza ukuntu umusore ava mu kazi nkaka ubundi umukobwa akamubwira ngo arashaka ibihumbi 50 yarangiza akabimuha.

Videwo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Itangazo risohotse nonaha kuva muri APR FC rimenyesha abafana bayo ibyo bifuzaga kumenya

“Nzajya kwiba Telefone wenda bazandase” I Kigali Umunyonzi yiyemeje kuyoboka ubujura bwa terefone nyuma y’ibyo Polisi iri kubakora