in

Umukobwa w’umunyeshuri wiga mu mwaka wa Gatatu yazindukiye mu gitanda cy’umuyobozi w’uburezi batera akabariro, Polisi iza kubagwa gitumo bageze aharyoshye

Umuyobozi w’uburezi yafashwe ari gusambana n’umukobwa w’umunyeshuri wiga mu mwaka wa Gatatu maze bose bajyanwa muri kasho.

Umwe mu bayobozi mu ntara ya Kayanza, yatawe muri yombi azira gusambanya Umunyeshuri wiga mu mwaka wa Gatatu .

Uwo yafashwe ku wa 18/11/2023 aho yafatanwe n’uwo munyeshuri bari gusambana .

Uwo mugabo agifatwa, yahise ajyanwa muri kasho we n’uwo munyeshuri bari bari gusambana .

Haciyeho iminsi mike bafunzwe, uwo munyeshuri yahise arekurwa asubira iwabo nk’uko byemezwa n’umuryango we.

Amakuru ava mu bari gukora iperereza, bemeza ko hari n’undi mugore ufunzwe aho akurikiranyweho kohereza uyu munyeshuri kuri uwo muyobozi.

Akomeza avuga ko uyu muyobozi yagambaniwe n’uwo mugore wamuteze uwo munyeshuri kugira ngo baryamane nibarangiza bamufunge.

Ibyakurikiyeho: Wa muyobozi w’uburezi wazindutse iya rubika asambanya Umunyeshuri wo mu mwaka wa Gatatu, agiye kumara imyaka 15 adatera akabariro 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Buri minota 2 hajyagamo igitego: Ikipe ya YOUVIA WFC yanyagiye Kaminuza y’u Rwanda ibitego 46, rutahizamu wabo atsinda 13 wenyine

Umuvugizi wa RIB yatangaje ko hatawe muri yombi abandi bantu 3 bakurikiranyweho uburiganya mu guhitamo abana bagiye mu irerero rya Bayern Munich mu Rwanda