in

Umukobwa w’uburanga yavugishije benshi, ubwo yemezaga ko atarongorwa n’umugabo wagiye mu tubyiniro.

Ku mbuga nkoranyambaga umukobwa yashyize ku rutonde ibyo yumva bizaba amasezerano-igihe cyose ku bijyanye n’umugabo uzamurongora.

Ku bwe, umugabo uwo ari we wese wagiye mu kabyiniro, unywa itabi cyangwa unywa inzoga ntabwo akwiriye kuba umugabo we.

Mu ifoto itavugwaho rumwe kuri Twiter, @the_lopetee yatinyutse gutondeka ubwinshi bwimpamvu zatuma yanga umugabo ugaragaza ko ashishikajwe no kumurongora.

Yakomeje avuga ko atazakomeza gutekereza ko umugabo ashyingirwa nubwo yabikora rimwe. Ukurikije ingeso ze za kera ngo ntiyakwemera gushyiranwa na we.

Yanditse ati:

Ntabwo nshobora kurongorwa n’umugabo wigeze anywa itabi, anywa inzoga, akoresha yahoo, abashuka abantu, ukorana n’indaya, uzunguruka hirya no hino, uba kuri Twitter, amara ubupfapfa muri clubs… Sinzi niba yarabikoze rimwe cyangwa niba ari ibyahise. Ingeso za cyera ntabwo umuntu apfa kuzireka.”

Abantu batandukanye batangajwe nibi uyu mukobwa yavuze bamubwira ko iminsi izamubwira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uwahoze ari umutoza w’abatarengeje imyaka 17 arashinjwa gusambanya abana benshi b’abahungu.

Umugore ubyibushye cyane yafashe umugabo we amuca inyuma amuha igihano gisekeje(Video)