in

NDASETSENDASETSE

Umukobwa ufite amabere manini ku isi yahishuye ibimunezeza.

Uyu mukobwa wo mu gihugu cya Ghana yavuze ko mubuzima bwe anezezwa cyane no kuba afite amabere manini cyane,ndetse ko bimuteye ishema kuba ayafite.

Uyu mukobwa umurika imideli ubwe yatangaje ko atigeze ajya guhinduza umubiri we ngo bamuhe ibice binini by’umubiri we ugereranyije n’ibyo yari afite. BustyGh, avuga ko uko ateye bimushimishije cyane ngo dore ko umutungo afite udafitwe n’abandi bose kandi ngo ntacyo yakoze ngo umugereho.

Mu kiganiro yagiranye na KofiTv, uyu mukobwa yabajijwe uko byaje ngo yisange yabaye ikimenyabose, avuga ko byaje ubwo yatangiraga gukora umwuga wo kumurika imideri.Ati

Njye natangiye kumenyekana ubwo natangiraga gukora umwuga wo kumurika imideri, uyu mwuga ni wo watumye abantu benshi bamenya kuko nk’ubu nkurikirwa cyane kumbuga nkoranya mbaga zanjye. Ntabwo ntewe isoni n’ubunini bw’amabereye yanjye, ahubwo ntewe ishema no kuba mfite ibintu bidafitwe n’abandi bakobwa”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Igor Mabano yasabye anakwa umukunzi we(AMAFOTO)

Mu magambo yuje urukundo, Rwatubyaye Abdul yifurije umukunzi isabukuru y’amavuko.