in

Umukobwa mwiza yahuye n’uruva gusenya kuri Twitter

Akenshi muri iyi minsi, abantu basigaye bisanzura cyane kuri social media ndetse bagatanga ibitekerezo byabo uko babyifuza.

 

Akenshi muri iyi minsi, nubwo batabyerura neza, hari ubwo usanga abantu basangiza abandi ibintu bibabaje rimwe na rimwe abandi bakgira ngo ni ukugira ngo baseke cyangwa se babone comments.

 

Umukobwa w’ikizungerezi ukoresha urubuga rwa Twitter, yavuze ko yifuza umugabo yavuze umugabo hanyuma abantu baramwota karahava.

 

Nkuko mu kinyarwanda bavuga ngo “Nta murozi wabuze umukarabya”, hari bamwe batatutse uyu mukobwa ahubwo bagaragaza ko bamwifuza ndetse ko bakwishimira kubana nawe.

 

Abenshi mu batanze ibitekerezo, bavugaga ko uwo mukobwa avuga ubusa dore ko bamwe bari banze kwizera ko yaba ari aho gusa nta mukunzi afite kubera ubwiza bwe.

 

Uyu mukobwa yari yavuze ko atari ukubeshya cyangwa se amakabyankuru ashaka umukunzi koko kandi ari ntawe afite.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Yverry yongeye gutuma umugeni asuka amarira y’ibyishimo (video)

Umuhanzikazi Queen Cha ari kubarizwa ku mugabane w’Uburayi aho yagiye mu biruhuko (Ifoto)