in ,

Umukobwa Ari Mugahinda Nyuma Yuko Asanze Abasore Babiri Harimo N’umukunzi We Biteguraga Kubana Bari Mu Busambanyi N’undi Mukobwa

Umukobwa utashatse kwivuga amazina yagishije inama nyuma yuko ahuye n’uruvagusenya aho yasanze abasore babiri harimo n’umukunzi we biteguraga kubana bari kuryamana n’umukobwa umwe.
Uyu Mukobwa yagize ati “Muraho,njye ndi umukobwa nkaba mbabaye pee…umukunzi wanjye tumaranye igihe yewe yamaze nogufata irembo iwacu narinziko tuzabana mukwezi kwakabiri umwaka utaha,uyu munsi yari yambeshe ko yagiye muntara afite akazi noneho mukanya mumvura nahisemo kunyura iwe kuko narindimo kunyagirwa kandi ari hafi yaho nari ngeze….nubundi nsanzwe mfite urufunguzo,mwabantu mwe ngezeyo ndatungurwa nibyo mbonye,nubu niho ndi nasanze umukunzi wanjye ari kumwe nundi mukobwa hamwe nundi mutipe bose barimo gusambana….ndababaye ndi mumarira ariko sinzi icyo nakora nukuri peee.
Ningire ndwane?cyangwa nitahire kuko umujinya mfite nuwisi yose peee…mungire inama”

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Mafoto: dore ubwiza, uburanga n’ikimero bya Murumuna wa Bahavu Jannet washavuje abasore benshi i Kigali

Uko byari bimeze mu birori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya Miss Sonia wegukanye ikamba muri Miss Rwanda (Amafoto)