in

Umukinnyi yitabye Imana ari mu kibuga

Umukinnyi w’umupira w’amaguru ukomoka muri Ghana yitabye Imana ubwo yari mu kibuga.

Umunya-Ghana, Raphael Dwamena w’imyaka 28, wakiniraga ikipe ya Egnatia Club yo muri Shampiyona ya Albanian yitabye Imana aguye mu kibuga ku munota wa 24, nyuma y’uko afashwe n’umutima yari asanzwe arwaye ariko akaba yari yaranze kureka guhagarika umukino.

Ishyirahamwe rya ruhago muri Albania ryahise rufata umwanzuro wo gihugu guhagarika imikino yose y’umunsi wa 13 yari iteganyijwe mu mpera z’icyumweru.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru y’akababaro! Raphael yitabye Imana aguye mu kibuga umukino watangiye -AMAFOTO

Yayihannye idakoresheje agatoki! APR FC yatsinze murumuna wayo nta miyaga ishyizemo