in

Umukinnyi wa Rayon Sports yamaze guhabwa ibihano bikomeye nyuma y’imyitwarire mibi

Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports umaze igihe agaragaza imyitwarire idahitse Moussa Camara yamaze gufatirwa ibihano n’umuyobozi bw’iyi kipe.

Hashize igihe uyu rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Mali ashwanye na Haringingo Francis utoza iyi kipe aho byavuzwe ko Moussa Camara yabwiye umutoza ko ntabushobozi afite bikababaza cyane ubuyobozi ndetse n’umutoza ariko yamaze guhabwa ibihano nyuma y’icyo gihe cyose.

Amakuru YEGOB yamenye ni uko Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwamaze kumenyesha rutahizamu Moussa Camara ko ahagaritswe igihe kitazwi nyuma y’imyitwarire mibi ndetse n’agasuzuguro gakabije yagaragaje.

Ibi bije nyuma y’umukino ikipe ya Rayon Sports yaraye ikinnye n’ikipe ya Intare FC ukaza kurangira Rayon Sports ibonye intsinzi y’ibitego 2-1 mu mukino wa mbere w’igikombe cy’amahoro uyu mwaka.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Indyo buri mukobwa cyangwa umudamu agomba kurya mugihe cy’ukwezi kw’imihango

Umukinnyi w’Umunyarwanda wa Rayon Sports yongeye kwemeza abakunzi b’umupira w’amaguru

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO