in

Umukinnyi wa filime nyarwanda uri mu bakunzwe yasezeranye mu mategeko (Amafoto)

Umukinnyi wa filime Kirenga Phina wamenyekanye muri filime nyarwanda zikunzwe cyane nka Seburikoko yasezeye k’ubukumi.

Kirenga Phina watangiye umwuga wa sinema mu myaka yashize dore ko ari mu bakobwa bafite izina rikomeye kubera ubuhanga mu gukina filime.

Kuri uyu wa kane Kirenga Phina yasezeranye n’umukunzi we Dr Mirindi Eric Dusenge mu mategeko n’umuhango wabereye mu murenge wa kimihurura.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru mashya: abantu bagiye kujya bagira imyaka 125 batarapfa

Hamenyekanye umukinnyi wa Rayon Sports wanze kujya mu biruhuko nyuma yo gutukwa bikomeye n’abafana