Umukinnyi wa filime Kirenga Phina wamenyekanye muri filime nyarwanda zikunzwe cyane nka Seburikoko yasezeye k’ubukumi.
Kirenga Phina watangiye umwuga wa sinema mu myaka yashize dore ko ari mu bakobwa bafite izina rikomeye kubera ubuhanga mu gukina filime.
Kuri uyu wa kane Kirenga Phina yasezeranye n’umukunzi we Dr Mirindi Eric Dusenge mu mategeko n’umuhango wabereye mu murenge wa kimihurura.