in

Umuhanzikazi ukomeye wo muri Nigeria arashinjwa gukubita umufana afatanyije n’umurinzi we

Teni yashinjwaga gutegeka umurinzi we gukubita munyeshuri wa kaminuza ya Bénin, Bivugwa ko uyu muhanzikazi wo muri Nijeriya yari i Asaba, muri Leta ya Delta, kugira ngo akore igitaramo ubwo bivugwa ko yategetse bouncer we gukubita umufana.

Video yakwirakwijwe kuri Twitter yerekana umunyeshuri ava amaraso mumaso.

Amajwi ari muri iyo videwo yashinjaga Teni kuba nyirabayazana w’icyo gitero cyakorewe uwo munyeshuri.

Muri iryo jwi, rivuga riti: “Teni yaje muri Asaba gukora igitaramo kandi ibi ni byo bouncer wa Teni yakoreye umuntu wacu, kandi ntacyo yavuze ntanicyo yakoreye Teni.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kimenyi Yves wa Muyango ubu ari mu byishimo bikomeye nyuma yo gutwara igikombe

Umukinnyi wa APR FC akomeje kugarukwaho cyane nyuma y’amakosa akomeye arimo gukora