in

Umuhanzi Platini ahishuye ibintu bitangaje yakoze kubera gufana Riderman.

Umuhanzi Nemeye  Platini P yahishuye ko kubera uburyo yahoze afana umuraperi Riderman kuva kera ,yemeye gutoroka ikigo yigagaho i Burate ajya mu gitaramo cya mbere uyu muraperi yakoreye muri Kaminuza y’u Rwanda.

Platini waganiye na InyaRwanda TV yavuze ukuntu yakuze ari umufana ukomeye w’uyu muraperi n’uko yatorotse ikigo akajya mu gitaramo cye.

Yagize ati ”Kumenyana nawe buriya najyaga nsimbuka kera muri Groupe Officiel ngiye kureba Riderman muri kaminuza. Igitaramo cya mbere bakozemo nari ndi muri segonderi muri Groupe, naratorotse njya kureba Riderman, so ndi umufana we kuva kera ariko ni na mukuru wanjye”.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wari uziko umukunzi wawe wa kera (ex) mwatandukanye ushobora kwisanga yakugarukiye?menya impamvu zibitera.

Ntibisanzwe:Indaya zarwanye inkundura zipfa umugabo, abantu bashungereye bafata amafoto.