in

Umuhanzi Nizzo wamamaye mu itsinda rya Urban Boys yabonye ubukene bumeze nabi i Nyarugenge maze ayoboka indi mirimo itari ubuhanzi kugira ngo arebe ko yaba muri Kigali

Umuhanzi Nizzo wamamaye mu itsinda rya Urban Boys, nyuma y’igihe acecetse yafunguye studio agiye kujya akoreramo ibiganiro bizwi nka ‘Podcast’ mu rwego rwo gutambutsa ibitekerezo bye n’iby’abandi ku bijyanye n’imyidagaduro.

Nizzo avuga ko ibiganiro bye bizibanda ku bitekerezo bikomoza ku myidagaduro, aho azajya atanga ibye ariko akiyambaza n’iby’abandi basanzwe babarizwa mu ruganda rw’imyidagaduro muri rusange.

Mu minsi iri imbere nibwo Nizzo azatangira gutambutsa ibiganiro binyuze kuri Podcast ye yise ‘K Boss Ent’ ndetse ahamya ko ari nabwo azatangaza amakuru arambuye kuri studio ye y’umuziki.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Imihanda ya Kigali aba-Rayon bari bayigize iyabo muri gahunda bise ‘Tuyiherekeze’ (AMAFOTO)

Byari ku kubera! Umunyamakuru w’imikino kuri RBA Jean Claude Kwizigira yatembagaje abantu kubera ifoto yifashe nka padiri agiye ku bihuhura arenzaho ikibazo cyatangaje benshi -IFOTO