in

Umuhanzi Jason Derulo n’umukunzi we bari mu byishimo byinshi nyuma yo kwibaruka imfura yabo

Umuhanzi ukomeye muri Leta Zune Ubumwe za Amerika, Jason Derulo we n’umukunzi we, Jena Frumes bari mu byishimo byinshi nyuma yo kwibaruka umwana w’imfura yabo.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Jason Derulo yavuze ko bamaze kwibaruka umwana w’umuhungu bise Jason King Derulo.

Urukundo rwa Jena na Derulo, rwatangiye kuvugwa cyane mu ntangirio z’umwaka ushize wa 2020 kugeza ubwo muri Werurwe uyu mwaka, Jeson Derulo yatangazaga ko barimo kwitegura kwibaruka imfura yabo.

Jason Derulo wakunzwe cyane mu ndirimbo Whatcha Say, yari mu Rwanda muri 2012 mu gitaramo cyo gusoza irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star Season ya 2.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mr Eazi agiye kubaka mu Rwanda

Umuhanzikazi yablotse bikino umugabo we ku mbuga nkoranyambaga birangira amwanze burundu.