in

Umuhanzi Harrysong yarongoye abagore 30 ku munsi umwe, akuyeho agahigo ka mugenzi we warongoye 27 ku munsi umwe

Umuhanzi Harrysong yarongoye abagore 30 ku munsi umwe, akuyeho agahigo ka mugenzi we warongoye 27 ku munsi umwe.

Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeria witwa Harrysong, uzwi mu buzima busanzwe nka Harrison Tare Okiri, yakoze ubukwe n’abagore 30 umunsi umwe.

Uyu muhanzi yakuyeho agahigo ka mugenzi we Fela Anikulapo Kuti, washatse abagore 27 ku munsi umwe.

Ibi byagaragaye mu mashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Harrysong agaragiwe n’abagore 30 bose bambaye imyenda abageni baba bambaye. Bivuze ko abo bagore bose bari bakoze ubukwe.

Abantu benshi barimo abafana be bakomeje kwibaza niba nta ngaruka bizagira ku buzima bwa Harrysong cyangwa ngo bizigire ku kazi ke akora.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Agahinda ni kose ku mukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi nyuma y’uko ikipe ye imanutse mu cyiciro cya gatatu 

Amakuru agezweho: Yannick Mukunzi na Byiringiro Lague banditswe mu bitabo by’amateka i Burayi kubera ibintu bamaze gukorera yo