in

Umuhanzi Christopher ntabwo akiri kubarizwa ku butaka bw’u Rwanda ukundi (AMAFOTO)

Umuhanzi Christopher ntabwo akiri kubarizwa ku butaka bw’u Rwanda ukundi.

Muneza Christophe uzwi nka Christopher yerekeje muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho afite ibitaramo bitandatu nubwo amaze kwemeza bitatu.

Ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki 27 Kanama 2023, nibwo Christopher yahagurutse ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe, yerekeje muri Amerika aho agiye gukorera ibitaramo bizazenguruka muri Leta zigera kuri esheshatu.

Byitezwe ko ku wa 2 Nzeri 2023, Christopher azataramira mu Mujyi wa Portland mu gihe ku wa 9 Nzeri 2023 azaba ataramira mu Mujyi wa Louisville naho ku wa 23 Nzeri 2023 ataramire mu Mujyi wa Phoenix.

AMAFOTO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abamushinja kuba mubi muzavuga muruhe: Bwa mbere Sintex yagaragaye ari kumwe n’igitomati cye bafatanye urunana muruhame -AMAFOTO

Uyizonga ihita ikugura! APR FC igiye kugura umukinnyi wayizonze bitavugwa ku mukino wa Gaadiidka FC