in

Umugore yakatiwe imyaka 11 kubera ibyo yarebaga kuri Google

Abantu benshi bakunze gushyira imibare y’ibanga muri telephone zabo kugira ngo hatagira ubamenyera amabanga kandi  biyibagije ko nubundi izo telephone zakozwe n’abantu.

Umugore ukomoka muri leta zunze ubumwe z’Amerika yakatiwe igihano cy’imyaka 11 azira ibyo yajyaga ajya gukoraho ubushakashatsi kuri google muri telephone ye.

Uyu mugore ufite umugabo w’imyaka 28 witwa Taylor, yatawe muri yombi ndetse akatirwa iyo myaka yose azira gushakisha amakuru y’aho yakura imhunda n’ukuntu yakingura urugi rukinze adakoresheje urufunguzo rwabugenewe.

Uyu mugore kugira ngo akatirwe ni uko we n’umugabo we bakekwagaho ubujura bikaza guhumira ku mirari nyuma yo kubona ibyo uwo mugore yakoragaho ubushakashatsi kuri google.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Huye: umugabo yakubise umugore we isuka amuziza kumwita imbwa

Dore imbogo akigera mu cyaro ahise agura munezero amafaranga 335,000