in

Umugore yahaye impanuro zikomeye bagenzi be bafite abagabo badahaha ntibatange happiness

Umugore yahaye impanuro abagore bose bafite abagabo ariko batibwiriza ngo bahahe cyangwa ngo batange ibyishimo mu gihe cyo gutera akabariro ko abagabo nk’abo barutwa no kuba umugore akiri ingaragu.

Uyu mugore utuye muri Amerika ariko ufite inkomoko muri Nigeria yabwiye abagore bubatse ko niyo umugabo yaba adahaha ariko akamenya gutera akabariro byaba ntacyo bitwaye ,ariko yongeraho ko iyo byose bibuze ku mugore aba ameze nk’utarashatse.

Nshuti mugore wubatse, niba umugabo wawe atishyuye fagitire kandi ntaguhe umunezero mu gutera akabariro, uri ingaragu, mwohereze mu rugo rwa se ajye kwiga uko yaba umugabo.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Arthur Nkusi n’umufasha we bari mu buryohe birira isi muri weekend ndende

Umukobwa witabiriye Miss Rwanda yahungabanyije abantu