in

Umugore yafashe amazi ashyushye ayamena mu bugabo bw’umugabo we, umugabo abonye bigenze gutyo ahita afata ikimezo cya Kigabo

Umugore yafashe amazi ashyushye ayamena mu bugabo bw’umugabo we, umugabo abonye bigenze gutyo ahita afata ikimezo cya Kigabo

Umugabo yafashe icyemezo cyo kujya mu rukiko kwishinganisha avuga ko umugore we yenda kuzamwica ndetse ko akeneye ko bamumurinda bakanabatandukanya.

Uyu mugabo witwa Jesnine Nhapu wo muri Zimbabwe yagannye urukiko arega umugore we witwa Rumbidzai Nyakonda umuhohotera inshuro nyinshi.

Uyu mugabo yavuze ko umugore we amutera ubwo amubwira ko imishinga yose yakoze azayisenya gake gake, ndetse ngo aherutse kubeshya ikigo bari basinyanye amasezerano bituma batandukana.

Uyu mugabo yavuze ko umugore amukubita inshuro nyinshi ndetse akamubwira ko azamwica.

Uyu mugabo yishinganishije mu rukiko nyuma yaho umugore we yongeye kumukubita akamumenaho n’amazi ashushe ku bugabo bwe ariko kuko yari yambaye ntiyashya ngo azane ubushye.

Uyu mugabo asaba urukiko ko rwabuza uyu mugore kuzongera kumwegera ndetse ngo ntazongere no kumubona ku iduka rye kabone niyo yaba ari umukiriya.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gloria Mukamabano abyutse yereka abakunzi be uburanga bwe -AMAFOTO

Amarira yatembye kumatama ye!: Umunyamakuru ukunzwe cyane hano mu Rwanda yaririye imbere ya Butera Knowless kubera impamvu ikomeye abaraho bumirwa -AMASHUSHO