in

Umugore yaciye inyuma umugabo we kuri sebukwe akurayo kabutindi ya SIDA

Akenshi umuntu akora ikintu arimo aseka ndetse anabyishimiye ariko nyuma byamugaruka akarira ayo kwarika ndetse agatangira kwicuza icyatumye abikora nubwo biba byararangiye.

Umugore witwa Hannah Njoki uturuka ahitwa Naivasha yavuze ukuntu yaciye inyuma umugabo we yishimye akaryamana na sebukwe akaza kuhakura kabutindi ya SIDA.

Hannah yarezwe na nyina wenyine ndetse n’abavandimwe be bane aza gushyingirwa afite imyaka 17 ariko umugabo we amuruta cyane nubwo ntacyo byahungabanije ku rukundo rwabo.

Kubera ko batari babayeho ubuzima bushamaje, umugabo we yaje kumusiga numwana umwe amubwira kwita kubmuryango ndetse akanita kuri sebukwe kubera ko nubwo sebukwe yari afite abagore benshi, ntawe bamaranaga igihe yahitaga abasenda.

Gake gake, uyu mugore yatngiye kujya aryamana na sebukwe hanyuma muri weekend akaryamana n’umugabo we kubera yabaga ari iminsi yikiruhuko bibaho biba nkumuco.

Yaje kumenya ko yanduye SIDA yaramaze no kuyanduza umugabo we wari umwizerwa kuri we kandi ntacyo atakoze ngo amushimishe.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ddumba yasubije Semuhungu uherutse kumwita mushiki we

Breaking news: Rayvanny asezeye muri wasafi