in

Umugore wiswe umukozi wa shitani yahamije ko yaryamanye n’abagabo ibihumbi 10

Umugore bamwe bise umukozi wa shitani wo muri Australia Gwynet Montenegro yatangaje ko kuva yabaho amaze kuryamana n’abagabo 10.091 bikaba byatangaje abatari bake dore ko bitari bisanzwe ko umuntu umwe yaryamana n’abantu bangana gutyo.

Bikaba bitangaje cyane kuko uyu mugore ubusanzwe yari amaze imyaka isaga 15 ari umu securite muri Australia. uyu mukozi wa Satani aka kazi k’ubusambanyi yagafatanya n’akubusekirite agamije kongera umubare w’amafaranga yagombaga gukorera.

Ibi byose akaba yabitangaje mu gitabo yanditse yashyize kumugaragaro yise 10,000 ‘Men And Counting’ gikubiyemo uburyo yagiye aryamana n’aba bagabo bose.

Uyu mugore kuri ubu akaba avuga ko abo baryamanaga bose yabaga agirango abone amafaranga yo kumutunga kandi ahagije atangaza ko igihe atazibagirwa ari igihe yari mu myaka 25 ngo kuko icyo gihe yakoreraga amadorari hagati ya 500 ni 1000 y’amerika akaryamana n’abagabo 10 mu ijoro rimwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inter Miami ya David Beckham irifuza gusinyisha abakinnyi babiri babaye ibirangirire muri FC Barcelona

FOFO wo muri papa Sava yarongowe