in ,

Umugore wa Tom Close yabengutswe n’umwe mu bafana be wamukunze birenze imivugire

Umugore wa Tom Close uzwi ku izina rya Tricia Ange Niyonshuti uyu akaba ari numwe mu byamamare bikomeye cyane hano mu Rwanda ndetse bikunze kugarukwaho kubera ibintu byinshi bitandukanye bakora, mu minsi ishize aherutse kubengukwa numwe mu bafana be wamutatse ku buryo bukomeye ndetse akanavuga ko iyo Tom Close atamwegukana atari kuruhuka atamushyize mu rugo. Ni nyuma yuko Tricia ashyize hanze ifoto ateruye abana be babiri aribo Ella na Elan.

Iyi niyo foto Tricia yashyize hanze

Nkuko umwe mu bafana be yabitangaje nyuma yuko Tricia ashyize hanze iyi foto ye ari kumwe n’abana be yamuvuye imizi aramutaka ndetse avuga ibyiza bye byose anavuga ko Tom Close yagize amahirwe akamwegukana gusa ko iyo atamwegukana atari kuruhuka atamushyize mu rugo.

Bimwe mu byatangajwe n’abafana ba Tricia

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ibimenyetso simusiga byakwereka umukobwa yifuza ko muryamana igihe muri kumwe

ISI IRASHAJE-Iyumvire nawe ubuhamya butangaje bw’umwana w’umuhungu wibagishije agahinduka umukobwa na nyina umubyara agahindurwa umugabo