in

NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Umugore arashinjwa gusambanya abagabo barenga 200 abizeza akazi.

Uyu mugore wari umuyobozi wa Banki muri Zambia witwa Mutale Winifridah yirukanwe mu kazi nyuma yo kumenya ko yasambanyije abagabo barenga 200 abizeza kubaha akazi.

Mutale Winifridah, ubusambanyi ni umuco yakoze igihe kinini aza kuvumburwa muri 2019 ibintu bimaze gufata indi ntera, yizezaga akazi abagabo ariko babanje kuryamana, rimwe na rimwe akajya abaha inguzanyo abandi bantu batabona byoroshye ariko we uwo baryamanye akajya ashyiramo inyoroshyo yo kubona inguzanyo n’ubwo yaba atujuje ibisabwa.

Ubuyobozi bwa Banki ya Zanaco muri Zambiya nyuma yo kuvumbura Mutale Winifridah wari umuyobizi mukuru muri Banki, bwahagaritse uyu mugore. Amakuru ya Kenydaily news nk’uko icyo gihe yabitangaje, inkomoko yo kuvumbura ko Mutale Winifridah asambanya abagabo bose bahawe akazi n’abagashaka , imbarutso ni abagabo bagera ku 10 bishyize hamwe barabyamagana kuko bijejwe akazi ntibakabona kandi barabanje kuryamana n’ugatanga Mutale Winifridah.Uyu mugore akaba yarahise yirukanwa ku kazi ke.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakobwa babiri bakoze ubukwe biyimeza kubana akaramata

Inkuru ibabaje: Impanuka ikomeye yabereye mu Kivu abantu bitaba Imana