in

Umugeni yakoze ubukwe wenyine kubera ibyo umugabo we yamubengeye bikomeye

Umugeni yari arangije gutunganyirizwa umusatsi no kwisiga ibirungo ubwo yamenyaga ko uwari ugiye kuba umugabo we ataritabira ubukwe.

Abifashijwemo n’umuryango we n’inshuti, Kayley yakomeje ubukwe bwe,abatumirwa bafata ifunguro,baraganira,barabyina ndetse yifotoza yambaye imyenda y’ubukwe wenyine.

Nubwo byamubabaje umutima, Kayley w’imyaka 27, wari wakoresheje ibihumbi 12 by’ama pound mu myiteguro y’ubukwe, yahisemo gukomeza ibirori wenyine.

Ubukwe bwa Keyley bwagombaga kuba kuwa 15 Nzeri kuri Oxwich Bay Hotel mu mujyi wa Swansea, ari hamwe n’abakunzi be bamukikije.

Kayley ukora akazi ko gutanga ubwishingizi,atuye ahitwa Portmead, muri Swansea, yavuze ko yabonye uyu mugabo bari bagiye kurushinga saa kumi z’ijoro,habura umunsi umwe ngo ubukwe bwabo bube ndetse ngo ntarongera kumwumva.

Yagize ati: “Twagerageje kumuvugisha, ariko nta gisubizo kimuturutseho twabonye, ntabwo tuzi impamvu yabimuteye.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi bakomeye batazitabira igikombe cy’Isi cya 2022 muri Quatar

“Menya uyu atari we”-Ifoto ya Dj Brianne asa nabi ikomeje kuvugisha abatari bake ku mbuga nkoranyambaga