in ,

NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Umugabo Yicishijwe Amabuye Kubera Impamvu Isekeje (Amafoto)

Urukundo rw’inyama z’injangwe rwateje urupfu rw’umusore. Abdullah Gedo uzwi cyane ku izina rya ‘Duley’ yatewe amabuye na bamwe mu baturage batuye Yeruzalemu, mu nkengero za Tema Newtown azira kwiba injangwe.

Amakuru avuga ko irondo ryabaturage muri kariya gace ryafashe ukekwaho icyaha maze batangira kumutera ibisate by’amabuye ya beto bituma ava amaraso kugeza apfuye.

Duley bamusanze mu kidendezi cyamaraso hamwe ninjangwe yapfuye hamwe nibisate bya beto iruhande rwe.

Bamwe mu baturage bavuga ko kwiba injangwe byiganje muri ako gace, bakavuga ko buri cyumweru injangwe zitari munsi ya 10 zibura.

Umurambo wa Duley wajyanywe mu bitaro bya polisi.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore yabyinishije umunyamakurukazi wa ISIBO TV abantu barumirwa(Video)

Kakubayeho niba wibonaho ibi bimenyetso wanduye indwara zandurira mu mibonana mpuzabitsina.