in

Umugabo yataye umutwe amenye ko abana batanu amaze imyaka 20 yita abe atari we wababyaye

Bivugwa ko uyu mugabo w’imyaka 57 y’amavuko yamenye ko abana batanu arera nk’abe mu by’ukuri atari abana be yabyaye.

Yabivumbuye nyuma yo kubajyana ku kigo nderabuzima kugira ngo bapimwe ADN kandi ibisubizo byavuyemo bigaragaza ko ntaho bahuriye.

Uwahoze ari umufasha wihariye wa Minisitiri wa FCT, Henry Nwazuruahu uzwi ku izina rya Henry Shield, yatangarije inkuru kuri Facebook.

Yagaragaje ko umugabo wahise ugira agahinda yatewe n’umugore we bamaze imyaka 20 bubakanye, bityo abantu bakaba bamusabye kuba umugabo kandi ntarira cyane kuri byo.

Shield yaranditse; Ati: “Umuntu afite imyaka 57, yipimishije ADN ku bana be 5 bose kandi nta n’umwe mu bana wari uwe. Yashakanye numugore we mu myaka 20 ishize”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibitegereje kukubaho wowe muntu ukoresha tangawizi cyane buri munsi.

Rutahizamu ukomeye cyane witezweho ibitangaza yatangiye gutitiza umugi (Amafoto)