in

Umugabo yarize nk’uruhinja nyuma y’ibyo yakorewe na sheri we yarihiye amashuri

Umugabo wo muri Kenya yakomeretse umutima nyuma yo kubengwa n’umukunzi we yarihiye amashuri maze arira cyane nk’uruhinja.

Amashusho yasakaye kuri interineti yerekana uyu mugabo arira kandi avuga ibyo yakoze byose kugirango umukobwa witwa Phoebe, yishime kandi atsinde mubuzima.

Yavuze ko yatandukanye na we amezi abiri gusa ngo arangize amashuri nyuma yo gukoresha (arenga miliyoni 2) yamutanzeho ku ishuri.

Ati: “Uyu mukobwa yahisemo kurya amafaranga yanjye mugihe hashize amezi abiri gusa arangije kwiga(ararira). Yariye amafaranga yanjye,menshi. Muri 2019, 2020, 2021, na 2022, Phoebe yariye amafaranga yanjye. ”

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubushomeri butewe ishoti! Shaddyboo yatangiye gushakira akazi abashomeri

Ubukene bwatumye ajya gucuruza ingona mu isoko(Video)