in

Umugabo yakoze ibitarakorwa n’undi uwari we wese ku isi

Umumotari wo muri Nijeriya yakoze abidasanzwe maze aturuka mu Bwongereza ari kuri moto agera muri Nigeria ,ibintu byatunguye abatari bake ndetse abarimo abakomeye nka Bill Gates baramushimagiza cyane.

Uyu mugabo witwa Lion Heart Kunle Adeyanju, yakuye umutima, Bill Gates nyuma yo kurangiza neza urugendo avuye i Londres yerekeza i Lagos kuri moto.

Kunle yageze muri Nijeriya ku ya 29 Gicurasi 2022 nyuma y’iminsi igera kuri 40 atwaye moto ye ya Honda .Umu Bill Gates avuga ko Kunle Adeyanju adasanzwe.Uyu mugabo akaba akomeje gushimwa n’abatari bake.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore yakoze agashya yambikira impeta umukobwa muri supermarket(video)

Nta mukobwa watinyuka kubwiza ukuri umusore ibi bintu