in

Umugabo yakiriye umugore we agaruka mu rugo azanye nundi mugabo mushya

Mu Buyapani habaye inkuru itangaje cyane. Umugabo witwa Prince Soy yamenyekanye kubera ko yemeye ko umugore we agaruka mu rugo nyuma yo kumara amezi atandatu yiga muri Australia, aza azanye n’umukunzi we mushya. Ibi byateye impaka ku mbuga nkoranyambaga, ariko Prince Soy we yabigaragaje nk’ibisanzwe, ndetse anakora amashusho n’amafoto byo kwerekana uwo mukunzi mushya mu muryango wabo.

Iyi nkuru yateje impaka nyinshi ku mbuga nkoranyambaga, ariko Prince Soy nta cyibazo arabigiraho ahubwo yakomeje kubishyira ku mbuga nkoranyambaga mu buryo busanzwe.

Ibi byerekana uburyo abantu bashobora kubona ibintu mu buryo butandukanye n’uko tubyiteze.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Robertinho ntaranyurwa n’abataka afite arashaka abataka bashya bo gutsinda APR FC

Harmonize yijunditse YouTube kubera ibibazo bya copyright