in

Umugabo yahindutse icyamamare kw’isi nyuma yo kubaka inzu idasanzwe (Amafoto)

Umugabo witwa Marek Cyran yubatse inzu icuramye ahitwa Niagara Falls, muri Amerika, abantu benshi bayibonye baratungurwa.

Marek Cyran yagize igitekerezo cyo kubaka iyo nzu nyuma yo kubona isa nayo muri Polonye igihe yari mu biruhuko maze ayereka abantu bo mu gace atuyemo.

Benshi basetse igitekerezo cye, ariko ntiyacika intege. Akomeza kubaka iki gihangano cye yahimbye.

Inyubako y’igorofa rimwe ifite igisenge kireba hasi mu gihe igice cyo hasi kireba hejuru ibintu byatunguye abatari bake bajya gusura urwo rugo dore ko hahindutse ahantu hasurwa cyane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yishwe n’agahinda abonye abandi basomana reba ibyo yakoze(Video)

Amagambo Humble Jizzo yabwiye umugore we ku isabukuru y’imyaka 3 bamaze bakoze ubukwe