in

Umugabo yafushye cyane ahita yivugana umugore we

Abantu benshi bakunze kuvuga ko umuntu aho ava akagera aho ariho hose aba yararemanywe ifuhe muri we ariko aho abantu batandukaniye ni uburyo bakoreshamo iryo fuhe rye.

Abagabo akenshi nibo bakunze gufuha cyane ariko hari abarengera nk’umugabo ukomoka muri Nigeria aho umugabo yarashe umugore we amuziza ko ashobora kuba amuca inyuma.

Uyu mugabo yireguye ko uyu mukunzi we bari bamaze igihe bafitanye ibibazo ko uyu mugore yajyaga ajya kwita ku bandi bagbo kumurusha kandi ariwe mugabo we.

Uyu mugore witwa Enny ushinjwa kujua kwita kubandi bagabo muri leta ya Owo, yarashwe gusa ariko ntiyahasiga ubuzima magingo aya ari kwa muganga naho umugabo we ari mu nzego z’umutekano.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwahoze ari umugore wa Diamond platnumz akomeje kwereka urukundo umuhanzi ukomeye mu Rwanda (video)

“Ko mbona se ntahantu ahuriye na Pendo tuzi” – Ifoto ya Anita Pendo ubwo yigaga mu mashuri yisumbuye yatunguye benshi