in

Umugabo ukundana n’igipupe bifashisha mu gutera akabariro yahuye n’uruva gusenya

Hari igihe umuntu akora ikintu bigatuma yibazwaho na benshi hakaba abanenga batajya babura gusa ariko ntawe unengwa na bose ntihajya habura ushima.

Umugabo witwa Alexander Stokes ari mu rukundo rukomeye n’igipupe cyitwa Mimi ndetse yemeza ko mu myaka ibiri bamaze bakundana yabonye urukundo rukomeye cyamuhaye.

Uyu mugabo ukundana n’igipupe yavuze ko “atitaye” ku byo abantu batekereza ku rukundo rwe cyane ko ngo benshi mu nshuti ze bamutaye.

Akimara gukundana n’icyo gipope inshuti ze zatangiye kumuvaho gake gake bigera ubwo asigara ari nyakamwe gusa ariko atangaza ko kuba yifitiye igipope kimukunda ntacyo bimubwiye ahagijwe n’urukundo rwacyo.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

IFOTO Y’UMUNSI: Miss Muheto yagaragaye mu myambaro tutari tumumenyereyeho

Abana b’umuhanzi Bobi Wine babatijwe mu birori biteye ubwuzu(amafoto)