in

Umubyeyi yataye ubwenge ubwo yumvaga ko umuhungu we w’imyaka 17 yateye inda bashiki be babiri .

Umusore w’imyaka 17 y’amavuko wo muri Afurika y’Epfo arashinjwa gutera inda bashiki be babiri ,maze agahita ahunga.Ibi byatumye nyina ubabyara ahita yitura hasi ata ubwenge.

Aba bana ngo basanzwe babana na nyina w’umupfakazi ariko uhorana akazi kenshi ku buryo atabasha gukurikirana cyane imibereho yabo,maze mu gihe cya gahunda ya Guma mu rugo nibwo uyu musore yakoze amabara atera inda bashiki be.

Uyu mubyeyi yahise agwa hasi kubera iyi nkuru y’umuhungu we

Mu minsi ishize umukobwa we moto yabuze imihango bajya kumupimisha inda basanga aratwite. Niko byaje kugenda no kuri mukuru we baza gusanga bararyamanaga na musaza wabo icyarimwe, ari na we ukekwaho kubatera inda.

Nyuma yo kugarura ubwenge, uyu mubyeyi ari mu gihirahiro yibaza niba azareka abana be bakabyara cyangwa izi nda zizakurwamo.

Umuhungu yemeye ko ari we wateye inda bashiki be gusa yahisa ahunga ava muri urwo rugo,aho kuri ubu yaburiwe irengero.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rwanda: ku myaka 20 agiye kurushingana n’umugore w’imyaka 50 |hari abamwita umukecuru|Basomanye turumirwa

Cyore:Umukwe n’umugeni bashatse kurwanira mu bukwe bakizwa na mbuga.