in

Umubyeyi wari ufite abana 6 yapfuye ari gutera akabariro n’umusore abereye Sugar mummy, umusore abonye bigenze gutyo ahita akizwa n’amaguru

Umugore wari ufite abana 6 yapfuye ari gutera akabariro n’umusore abereye Sugar mummy

Umugore wo mu Karere ka Amansie West mu ntara ya Ashanti mu gihugu cya Ghana yitabye Imana ari gukora imibonano mpuzabitsina n’umusore abere Sugar Mummy. Uyu mugore w’imyaka 49 y’amavuko yari afite abana batandatu.

Kuwa 29 Ukwakira uyu mugore witwa Yaa Boamah, yazanye n’umukunzi we ugereranyije ubona ari mu kigero k’imyaka 29, binjiye mu cyumba bajya gukora imibonano mpuzabitsina mu rugo rw’uwo mugore.

Hashize akanya gato abana b’uwo mugore bumvise nyina aboroga cyane mu kandi kanya bumva ataka asa nkutabaza. Abana b’uyu mugore bahise birukanyira mu nzu bajya kureba uko bigenze.

Ubwo bahageraga wa musore yahise asohoka yiruka, abana basanze nyina ari kurerembura ndetse yuzuranyego amaraso mu myanya y’ibanga bisa nkaho hari icyo yatewe.

Abana bahise bamushakira ubutabazi bwihuse bamugeza kwa muganga ndetse bamenyesha polisi ibyabaye.

Uyu mugore ntiyatinze kuko yahise yitaba Imana. Ku munsi ukurikiye nibwo wa musore yatawe muri yombi. Uyu mugore yari asanzwe afite umugabo ari nawe se w’abana ariko yaje gupfa muri 2022.

 

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umujyi wa Kigali uramenyesha abawutuye ko bafunze umuhanda KN 3 Rd kuva ku wa 11/11/2023

Imibare iramuvugira: Victor Mbaoma agiye kwegukana igihembo cy’umukinnyi wahize abandi mu UKwakira