in

Umu slay Queen yateye abantu ubwoba nyuma yo kugaragaza umukunzi we arimo kogana n’ikiyoka kinini.

Uyu mu Slay queen ukomoka muri Afurika y’Epfo yatunguye abafana be maze ashyira kuri Twitter video igaragaza umukunzi we arimo kogana n’ikiyoka kinini cyane.

Uyu mukobwa ukunzwe ku mbugankoranyambaga muri kiriya gihugu yitwa Faay Nice akaba yeretse miliyoni z’abamukurikira umukunzi we utuye muri Nigeria witwa Jacob ari mu bwogero hamwe n’inzoka nini nkuko bigaragara ku rukuta rwe rwa Twitter. Abantu benshi bakaba batangajwe n’uyu mugabo ubana n’iyi nzoka nini nubwo we avuga ko afite eshatu.

Kanda hano urebe video y’uyu mugabo wogana inzoka>>>://twitter.com/BestMasasi/status/1384904609127403522?s=19

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yahisemo kwiyahurira kwa nyirabukwe ubwo yamenyaga ko umugore we amuca inyuma.

Bimwe mu bintu bitangaje bishobora gutuma umukunzi wawe aguca inyuma.